Ese Nzovu ubusitari bimumariye iki?

Mama wa Nzovu aterwa agahinda no kuba umuhungu we ashaje abayeho nka mayibobo.

Anenga abanyamakuru bamukoresha ko nta cyo bamumarira, akaba ngo yarabaye umusitari ariko nta cyo bimumariye, nta n’akarima agira.

Yewe ntiyita ku bana 4 yabyaye, nta ka mituweli, nta shuri, nta ki, uyu mukecuru ni we ubarera, kuko na Sandra umugore wa Nzovu, Nzovu yaramwanze yigira mu ndaya. Udufaranga abonye twose, ni ukujya mu mayoga no mu ndaya. Kandi mwarangiza ngo ni za masitari!!

WashaHost.com

LEAVE A REPLY

Please enter your comment!
Please enter your name here