Karongi mu murenge wa Rubengera, akagari ka Kibilizi, umudugudu wa Kagarama, abagabo 2 babaga inka umwe w’imyaka 39 undi w’imyaka 24, batiye Izabayo Olivier w’imyaka 19 ipombo yo guhaga igare, barangije banga kumwishyura amafaranga 400 yishyurwa, abakurikiye ngo bamwishyure bahita bamutera icyuma babagisha inka arapfa. Aba bicanyi bahise bafungwa.